Kigali kuwa 31 Mutarama 2012.
Tariki ya 31 Mutarama 2012 Guverinoma y’u Rwanda yashoje igihe yari yise icy’imiyoborere myiza inajyanye no gutanga serivisi nziza, ikaba ndetse yari yashyizeho insanganyamatsiko igira iti “Gutanga serivisi nziza niryo shingiro ry’amajyambere”.
Ishyaka FDU-Inkingi rirasanga iryo menyekanishabikorwa “ryo gutanga serivisi nziza” rishingiye ku kinyoma kuko bidashoboka ko waha abaturage serivisi nziza mu gihe utabaha ijambo mu byemezo bitandukanye bibafatirwa kandi bigira ingaruka ku buzima no ku mibereho yabo ya buri munsi.
Mu nyandiko iherutse gusohoka ku itariki 15/01/2012, umuntu ashobora gusanga ku rubuga
http://allafrica.com/stories/
Impamvu zimwe zinyuranya n’ibyo guha umuturage serivisi nziza ni izi zikurikira:




